in

Ubukene bwa Rayon Sports bwatumye Papa Queen Cha asigara mu Rwanda bagenda nta Muganga w’inzobere bajyanye muri Libya

Ubukene bwa Rayon Sports bwatumye Papa Queen Cha asigara mu Rwanda bagenda nta Muganga w’inzobere bajyanye muri Libya.

Perezida wa Rayon Sports yavuze icyatumye basigaye muganga Mugemana bakitwaza ugorora imitsi gusa.

Yavuze ko kubera ubushobozi buke bwatumye basiga umuganga wabo, Mugemana bakitwaza uzajya ugorora imitsi y’abakinnyi.

Perezida wa Rayon Sports yagize ati: “Twatwaye umuganga mu kunanura imitsi y’abakinnyi, iyo bishoboka twari gutwara abaganga babiri, ariko ntibyakunze kubera ikibazo cy’ubushobozi.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo yisondetse! Umuzamu Hategekimana Bonheur wa Rayon Sports yaje i Kanombe aherekejwe n’umukunzi we w’ikizungerezi – AMAFOTO

Urugendo rwa Rayon Sports rushobora kuba imfabusa! Amakipe yo muri Libya azakina imikino ny’Africa yasabye CAF ko yasubika imikino yayo