in

Ubugambo mu muziki w’abanyamerika bugiye kubakoza hasi

Jay Z na Dj Khalid ndetse nibindi byamamare basohoye indirimbo nsha “God Did” maze yibasiramo Chris Brown amubwira ko yahombye Rihanna ubu wibereye kumwe na A$AP Rock.

Indirimbo God Did ikomeje gutwika hirya no hino ku isi bitewe n’amagambo Jay Z yayivugiyemo akomeye akomeretsa Breezy (©hris Brown)

Ni Indirimbo irimo ibyamamare bitandukanye nka John Legend, Lil Wayne, Rick Ross, Dj Khaled ndetse na Jay Z ubwe.

Bavugagamo ikizere Imana yabagiriye ikabakura ku cyavu bakicarana n’ibikomangoma mu gihe nta wigeze abacira akari urutega.

Iyi ndirimbo yavugaga ukuntu Chris Brown yashinze business igahomba ariko Rihanna batandukanye we akaba yaratunze agatunganirwa.

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore dore ikizakubwira ko umukobwa ari isugi niyo mwahurira mu muhanda

Birababaje:nyuma yo kuryamana inshuro zitabarika akamufasha gukuramo inda 72 ,reba ibyo yamukoreye