in

Birababaje:nyuma yo kuryamana inshuro zitabarika akamufasha gukuramo inda 72 ,reba ibyo yamukoreye

Bavuga ko burya umuntu ari mugari ndetse bakongeraho ko kwizera umuntu ugakabya atari byiza.Nibyo byabaye kuri uyu mukobwa wo muri Zambia wizeye umusore akemera kujya ukuramo inda ariko bikarangira amubenze akishakira ukiri isugi.

Uyu mukobwa ukoresha amazina ya Nana Hemaa Stella – McQueen ku rubuga rwa Facebook, yavuze uko afite agahinda yakomoye ku kubengwa n’umusore bakundanaga, wamutaye agashyingiranwa n’undi ndetse yaramaze kumwangiriza ubuzima.

Mu butumwa yashyize kuri uru rubuga, uyu mukobwa yavuze ko ababajwe n’umusore bakundanaga baryamana kenshi, akamusaba gukuramo inda inshuro 72 zose, bikarangira amutaye akishakira undi bivugwa ko ari isugi.

Yagize ati: “Umukunzi wanjye yarantaye ashyingiranwa n’inshuti yanjye y’isugi, nyuma y’aho nakuyemo inda inshuro 72 kubw’ubusabe bwe. Ndababaye”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubugambo mu muziki w’abanyamerika bugiye kubakoza hasi

Diamond yagaragaje ubwirasi nyuma yo kugura indege