Rutahizamu mushya wa APR FC, Tuyisenge Jacques, yatangaje ntacyo wageraha utakivunikiye abwira abakunzi b’iyi kipe y’ingabo z’igihugu, avuga ko ko ubu ari bwo aje. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Tuyisenge Jacques yavuze ko ameze neza yiteguye gufasha APR FC kugera ku ntego zayo mu mwaka w’imikino wa 2020-2021. Ati “Ntacyo wageraho utakivunikiye, ubu nibwo nje, […]Rutahizamu mushya wa APR FC, Tuyisenge Jacques, yatangaje ntacyo wageraha utakivunikiye abwira abakunzi b’iyi kipe y’ingabo z’igihugu, avuga ko ko ubu ari bwo aje. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Tuyisenge Jacques yavuze ko ameze neza yiteguye gufasha APR FC kugera ku ntego zayo mu mwaka w’imikino wa 2020-2021. Ati “Ntacyo wageraho utakivunikiye, ubu nibwo nje,
Ubu ni bwo naza sasa…J. Tuyisenge yongeye kwizeza APR kugera ku ntego
Subscribe
Login
0 Comments