Ubuyobozi bwa Mukura VS imaze amezi atanu n’igice idafite umuyobozi, bwatumije inteko rusange izatorerwa umuyobozi w’iyi kipe y’Akarere ka Huye. Nizeyimana Olivier wari umaze igihe kinini ayobora Mukura, yeguye muri Gicurasi 2020, kuva icyo gihe iyi kipe yigeze no gusohokera u Rwanda ikaba itari ifite umuyobozi. Nk’uko bigaragara ku ibaruwa yanditswe na Visi Perezida w’iyi […]Ubuyobozi bwa Mukura VS imaze amezi atanu n’igice idafite umuyobozi, bwatumije inteko rusange izatorerwa umuyobozi w’iyi kipe y’Akarere ka Huye. Nizeyimana Olivier wari umaze igihe kinini ayobora Mukura, yeguye muri Gicurasi 2020, kuva icyo gihe iyi kipe yigeze no gusohokera u Rwanda ikaba itari ifite umuyobozi. Nk’uko bigaragara ku ibaruwa yanditswe na Visi Perezida w’iyi
Mukura imaze amezi 5 idafite umuyobozi yatumije inteko rusange izatorerwamo abayobozi
Subscribe
Login
0 Comments