in

Ubu iyi pantaro ntiyayiciye ku bushake! Umufana yarwaniye kurira ngo ajye gukora ku muhanzi ipantaro ihita itatamuka yambara ubusa mu bantu gusa uburyo yacitsemo benshi babishidikanyijeho – videwo

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka videwo y’umufana wuriye ku rubyiniriro ashaka kujya gukora ku muhanzi Lil Wayne bikarangira yambaye ubusa mu bantu. Gusa benshi mu batanze ibitekerezo kuri iyi videwo bagiye babishidikanyaho bavuga ko yayiciye ku bushake bwe ku bw’izindi nyungu ahubwo akaba yari yibagiwe ko yayiciye akazamuka hariya. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burna Boy yafashe mama we amuzamura mu kirere ku rubyiniro abantu bavuza induru -Amashusho

Yabanje kuyica ayishyira ku bitugu: Abanyerondo bafashe umugabo saa cyenda z’urucyerera ahetse ihene yari avuye kwiba umuturanyi we