in

‘Ubanza yafatiye mo ibikoresho by’ubwubatsi’ Abatagenzwa n’akamwe bibasiye The Ben wari wifatiye mu mifuka y’ipantaro ye ubwo yari kumwe n’umugore we Pamela

‘Ubanza yafatiye mo ibikoresho by’ubwubatsi’ Abatagenzwa n’akamwe bibasiye The Ben wari wifatiye mu mifuka y’ipantaro ye ubwo yari kumwe n’umugore we Pamela

The Ben uri mu Rwanda bivugwa ko yaje mu myiteguro karundura y’ubukwe bwe na Pamela akomeje kugaragara ahantu hagiye hatandukanye ari kumwe n’umugore we gusa dore ko nta wundi muntu barahura nyuma ngo bijye hanze usibye uwo yihebeye ari we Uwicyeza Pamela.

Mu ifoto baherutse gushyira hanze basohokeye mu bigogwe yagizwe igitaramo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yaba kuri Instagram ndetse na Twitter.

Nta kindi bavugaga usibye ikiganza yari yashyize mu mufuka wipantaro ye gusa abasore benshi bumva ko umugore we Pamela y’aba yamuteye ubushagarira bakaza kumufotora bitunguranye agahita afata mu mifuka.

Ibi byose ni ibituma abantu bidagadura bakaganira nta muntu ugambiriye gukomeretsa undi cg kumwibasira mu buryo bw’umwihariko.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nyireba kumanywa na ni joro ” Christopher asobanuye inzira byanyuzemo kugirango afate ifoto na Perezida

“Ko ndeba Isi yakogoshe” Abantu benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kubona Axel Rugangura atambaye ingofero