in

”Ubanza koko Phil Peter ashaje” Junior Giti byose abishyize hanze ubwo yamukozaga isoni akavuga ku ndirimbo ye ya kera(Videwo)

”Ubanza koko Phil Peter ashaje” Junior Giti byose abishyize hanze ubwo yamukozaga isoni akavuga ku ndirimbo ye ya kera.

Ni mu kiganiro kitwa Sunday Choice kiba buri Cyumweru ubwo uyu musobanuzi w’amafilime Junior Giti yatumirwaga nk’icyamamare.

Junior uzwi nkutajya aripfana yageze kuri Phil Peter asya atanzitse kuko yakomezaga kumuserereza avuga ko hari indirimbo yo muri 2003 afitanye n’umuhanzi witwa edouce softman.

Gusa icyagaragaye ni uko byari urwenya ahubwo iyo ndirimbo yitwa ”Nziriki”  ikaba yarakozwe muri 2014 aho kuba muri 2003 nkuko Junior Giti yabimusererezaga.

Reba Videwo hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: umugore ukurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 13 akamutera indwara ikomeye, reba ibyo yireguje

Kiyovu Sport yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomeye washakwaga n’amakipe menshi hano mu Rwanda