in

Ubanza atungaho igahita yinjira! Diamond Platinumz ari kwitegura kwibaruka undi mwana agiye kubyarana n’umukunzi we

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yahishuye ko we n’umukunzi we bitegura kwibaruka.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nko kuri ‘Insta Stories’, Diamond yavuze ko umukunzi we atwite ariko nta mazina yavuze. Mu byo yatangaje, asa nk’uwasezeye ku bakunzi be kugeza Mutarama 2024.

Diamond kandi yashimiye abakunzi be kuba barashyigikiye indirimbo ye ‘My Baby’ yemeza ko ikomeje kuyobora nyuma y’iminsi ibiri gusa isohotse.

Zuchu aherutse gusangiza abantu videwo kuri interineti aho yavugaga ko bishoboka ko yasama uyu mwaka. Biravugwa ko umwana Diamond yatangaje ko yitegura kwakira vuba ari uwe na Zuchu.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yacunze abantu basinziye! Bwa mbere APR Fc yerekanye umukinnyi w’umunyamahanga wa mbere yasinyishije ku mugaragaro – AMAFOTO

Umukinnyi w’Umurundi, Bizimana Amissi wirukanwe muri Kiyovu Sports, yabengutswe n’ikipe izakina Caf Champions League (Amafoto)