in

U Rwanda rwikuye mu marushanwa nyafurika rwagombaga gukina

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda imenyerewe nk’Amavubi ntizitabira imikino yo gushaka itike y’Irushanwa rihuza ibihugu byo ku Mugabane wa Afurika riteganyijwe umwaka utaha, AfroCan 2023.

U Rwanda rwikuye muri iyi mikino kubera ikibazo cyerekeye ubushobozi bw’amafaranga nk’uko Visi Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, Ferwaba, Richard Nyirishema, yabibwiye TNT.

Yakomeje ati “Hari igihe bitwara igihe kirekire ngo amatariki amarushanwa azabera yemezwe kandi tugomba guhitamo amarushanwa tuzitabira tukabimenyesha Minisiteri ya Siporo ngo idutere inkunga.’’

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza kuri rutahizamu ufatiye runini Rayon Sports

Ddumba yahaye igisubizo gisekeje umufana we wamwemereye ko azamuha umugore we