in

U Rwanda rufite toni 22 za Zahabu mu butaka

U Rwanda rufite toni 22 za Zahabu mu butaka

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ikeneye abashoramari mu kongerera agaciro amabuye y’agaciro atadukanye, aho imibare yerekana ko rufite toni zisaga 22 za zahabu mu butaka.

Ni imibare igaragara mu bushakashatsi bitandukanye ku mabuye y’agaciro abonekamo na Zahabu.

Mu Rwanda habarurwa toni 22 z’amabuye y’agaciro yo mu bwoko Zahabu zikiri mu butaka.

Hakenewe inganda n’abashoramari zitunganya ayo mabuye y’agaciro agiye atandukanye nk’uko bitangazwa na Leta.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye impamvu yihishe inyuma yo kongera amafaranga kwa Abedi na Pitchou bigatuma Rayon Sports ireka gukomeza kubiruka inyuma kandi bari bumvikanye byose

Nyabugogo: Umuntu yiyahuriye ku kiraro aho yaziritse umugozi ku iteme ni uko maze akiyahura