in

“Twahuye ndi we” Umunyamakuru Mutesi Scovia yavuze impamvu yahisemo gukora itangazamakuru rivugira rubanda ndetse avuga n’ikintu umugabo we amukundira

“Twahuye ndi we” Umunyamakuru Mutesi Scovia yavuze impamvu yahisemo gukora itangazamakuru rivugira rubanda ndetse avuga n’ikintu umugabo we amukundira.

Mu kiganiro na The Choice, Scovia yagiye ahishura byinshi bigiye bitandukanye.

Avuga ku cyatumye ahita itangazamakuru rivugira rubanda, yavuze ko yasanze igihugu cyimeze neza ni uko abona nta rugamba ariko ahitamo kuba intumwa ya rubanda.

Uyu munyamakuru azwi mu nkuru zicukumbuye kandi zivugira rubanda ku buryo hari n’aho agera abantu bakikangamo ariko akanga akavugira rubanda.

Abazwa ku cyo umugabo we yavuze agiye gutangira uyu mwuga, Scovia yavuze ko yahuye n’umugabo we ari umunyamakuru aho yavuze ko bishobora kuba biri muri bimwe yamukundiye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwiyishe ntaririrwa: Umukobwa yagiye kwinaganika ku nyubako ndende ashaka ifoto yo gushyira kuri Instagram gusa yahurudutse nk’avoka yiyesa ku butaka(Videwo)

Ntuzongere kuvuga ngo hari ibara ritabera imbwa! Bwambere mu mateka hagaragaye imbwa y’umutuku (Amashusho)