in

“Twabisigaga ku mabere kugira ngo abe manini” Umuhanzikazi Sunny yerekanye umuti abakobwa bakoresha bari gukuna(guca imyeyo) – AMAFOTO

Umuhanzikazi Sunny wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Kungora’ yakoranye na Bruce Melodie, yerekanye umuti abakobwa bakoresha bari gukuna cyangwa se ibyo bita guca imyeyo.

Uyu muhanzikazi we n’umukobwa we ubwo barimo gutembera mu misozi yo muri Kenya, Sunny yabonye ibimera muri ako gace maze avuga ko ari umuti wo gukuna.

Mu mashusho yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, Sunny yerekanye uyu muti maze avuga ko abakobwa baciye imyeyo bawuzi(gukuna) ndetse kandi yavuze ko bawusigaga ku mabere kugira ngo abe manini gusa we ntibyamuhiriye.

Yagize ati “Twabisigaga ku mabere kugira ngo abe manini, umenya ariyo mpamvu njye twabaye duto.”

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikibazo cy’amabere atangana gikunze gutera benshi ipfunwe cyakosorwa gute?

Biteye agahinda: Umugabo yagonzwe n’imodoka arimo gufasha imbata kwambuka umuhanda