in

Biteye agahinda: Umugabo yagonzwe n’imodoka arimo gufasha imbata kwambuka umuhanda

Aho yapfiriye bahashyize indabo hamwe n'udukinisho twa parasitic dukozwe mu ishusho y'imbata mu rwego rwo kumuha icyubahiro.

Biteye agahinda: Umugabo yagonzwe n’imodoka arimo gufasha imbata kwambuka umuhanda

Umugabo wo muri leta ya California wapfuye nyuma yo kugongwa n’imodoka, yari yabonetse arimo gufasha umuryango w’imbata kwambuka umuhanda mbere gato y’uko kugongwa, nkuko byavuzwe na polisi ikorera muri ako gace.

Casey Rivara, wari ufite imyaka 41, yasize imodoka ye mbere yuko agongwa n’umushoferi utarageza imyaka 20 y’amavuko.

Ababibonye bavuze ko Rivara yatumye izo mbata, zagendaga gahoro gahoro, zigera ahantu hari umutekano, mbere yuko agongwa n’iyo modoka.

Polisi yo mu mujyi wa Rocklin yavuze ko nta muntu watawe muri yombi kandi ko “ibyabaye biracyarimo gukorwaho iperereza

Aho yapfiriye bahashyize indabo hamwe n’udukinisho twa parasitic dukozwe mu ishusho y’imbata mu rwego rwo kumuha icyubahiro.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Twabisigaga ku mabere kugira ngo abe manini” Umuhanzikazi Sunny yerekanye umuti abakobwa bakoresha bari gukuna(guca imyeyo) – AMAFOTO

Ifoto y’umunsi: Farida Kajara yagaragaye ari kugaburira inyamaswa zo muri parike – AMAFOTO