in

“Tubuze undi mugabo”: Umuhanzi Chriss Eazy akomeje gushinjwa kuba umutinganyi nyuma yo kugaragara ari gukorana ibintu n’undi mugabo byatumye abantu bumirwa bagatangira kuvuga amagambo yuje uburakari

“Tubuze undi mugabo”: Umuhanzi Chriss Eazy akomeje gushinjwa kuba umutinganyi nyuma yo kugaragara ari gukorana ibintu n’undi mugabo byatumye abantu bumirwa bagatangira kuvuga amagambo yuje uburakari.

Umuhanzi Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chriss Eazy benshi bakunze cyane ubwo yashyiraga hanze indirimbo yise “Amashusho”, “Inana” n’izindi harimo niyo yise “Bana” yakoranye na Shaffy iri kubica bigacika mur’iyi minsi dore ko iri kwisonga mu ndirimbo zikuzwe hano mu Rwanda.

Chriss Eazy akomeje kwibasirwa nabakoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yaho hagaragaye amafoto ye ari kwifotozanya n’undi mugabo mu buryo budasanzwe aho aba bombi bifotozaga wagira ngo umwe n’umukobwa undi n’umuhungu ibintu bitamenyerewe cyane ku bantu bahuje igitsina.

Aya mafoto yatumye bamwe mu bantu bayabonye batangira gucyeka ko uyu musore ashobora kuba ari umutinganyi nk’uko bagiye babigaragaza gusa mu by’ukuri nta makuru ahari yizewe ahamya ko Chriss Eazy ari umutinganyi nk’uko bamwe bagiye babitekereza dore ko ushobora gusanga yari agamije gutwika nk’uko bamwe mu bahanzi bajya babikora.

Amwe mu mafoto ya Chriss Eazy yatumye abantu bacika ururondogoro:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bad Rama agiye kuva muri America kugira ngo ahure n’umuvandimwe we baburanye mu mwaka wa 1994 hakaba hari hashize imyaka 30 azi ko yapfuye – VIDEWO 

Miss Lea Umutesi yatewe imitoma n’umugabo we, imitoma umugore wese yakwifuza guterwa