in

Tom close” yashyize hanze album ye nshya yise “Essence” reba amafoto yabahanzi bose bakoranye.

Dr Muyombo Thomas uzwi mu muziki nka “tom close” yashyize hanze album ye nshya yise “Essence” iriho indirimbo 13 yakoranye n’abahanzi batandukanye barimo Sat B wo mu Burundi, A pass wo muri Uganda, umuhanzikazi Wezi wo muri Zambia na Riderman, Nel Ngabo, Bulldog na B Threy bo mu Rwanda.

Ni Album yihariye kuko indirimbo ziriho ziganjemo icyongereza bitandukanye n’izindi Album z’uyu muhanzi.

Iyi album nshya Tom Close yashyize hanze ibaye iya munani nyuma y’izo yasohoye nka “Kuki”, “Sibeza”, “Ntibanyurwa”, “Komeza utsinde”, “Mbabarira Ugaruke” yamuritse hagati ya 2008 na 2013 ndetse n’iyo yise “Isi” na “Ndakubona” yamuritse mu 2014.

Umuhanzi Sat B umwe mubakomeye mu Burundi

 


Uyu ni umuhanzi A pass ukomoka muri Uganda.

Uyu ni umuhanzikazi Wezi umwe muhakunzwe muri Zambia.

Umuraperi Riderman umwe munkingi zamwamba mu muzikiki w’u Rwanda.

Uyu ni umuhanzi Nel Ngabo ubarinzwa munzu itunganya umuziki ya Kin Music yahoze ibarinzwamo Tom close.

Uyu ni umuraperi Bulldog umwe muhakunzwe cyane hano mu Rwanda mujyana ya Hip pop.

Uyu ni umuhanzi B Threy umwe mubagenzweho mu Rwanda.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mukore ibishoboka byose mutange ubufasha” Umunyamakuru Mutesi Scovia yasabye abanyarwanda bose bifite gutanga ubufasha ku bibasiwe n’ibiza

Ndakuburiye: Dore ingaruka mbi zitegereje umuugore/umukobwa wambara utwenda tw’imbere tuzwi nka ‘string’