in

Biratangaje : umurwayi bamusanzemo akayabo mu nda ye

Umurwayi wo mu gihugu cy’u Buhinde bamusanzemo ibiceri byinshi yari yaramize.

Uyu murwayi yari afite ibiceri 187 byari bipakiye muri icyo gifu cye. Igikorwa cy’ubutabazi kuri uwo murwayi cyabaye ku wa 26 Ugushyingo 2022 mu bitaro bya HSK de Bagalkote, mu Buhinde.

Uwo mugabo w’imyaka 58 yakiriwe mu bitaro afite ikibazo cyo kuribwa mu gifu. Nyuma ni bwo yasanzwemo ibyo biceri ndetse ku bw’amahirwe abaganga babasha kubimukuramo adahungabanye nk’uko inkuru ya 7 sur 7 be ibivuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye abakinnyi batatu bakomeye ba APR FC bashobora kuzasezerwa bitewe n’uko ubushobozi bwabo bwanenzwe n’abatoza

Tom Close n’umufasha we bujuje imyaka icyenda barushinze