in

Titi Brown yavuye mu gihome araza yirengagiza umuntu wamurwaniriye ishyaka yigira nkaho atanamuzi none yamuhamagaye abimubwirira mu ruhame

Titi Brown yavuye mu gihome araza yirengagiza umuntu wamurwaniriye ishyaka yigira nkaho atanamuzi none yamuhamagaye abimubwirira mu ruhame. 

 

Uwitwa Ddumba umwe mu Banyarwanda bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga ni umwe mu bagabo barwaniye ishyaka umubyinnyi Titi Brown, ndetse ni umwe mu mu bakwirakwije imvugo ya “Free Titi Brown”.

Gusa icyatangaje abantu ni ukuntu ubwo Titi Brown yamaraga iminsi mike afunguwe, uyu mugabo yatangiye kujya amutuka ndetse akamucyurira cyane kandi bari baziko ari umwe mu bantu bamurwaniye ishyaka.

Uyu mugabo yahamagaye Titi Brown mu buryo bw’amashusho yimbona nkubone kuri Instagram, byose arabimubwira ndetse amubwira ko impamvu asigaye amwanga ari uko yaje akagaragara ashimira abantu bose ari ko we ntamushimire. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gakabutura gato cyane kamufashe cyane ndetse n’agapira gahisha amabere gusa Isimbi Noelline umenyerewe mu gukina filime z’urukozasoni yerekanye icyo arusha izindi nkumi

Abagore bo mu mudugudu umwe bakoze ikirori cyo gusangira ndetse bategeka ko nta n’umwe ugombaga kwambara umwenda wo hejuru – Amashusho