in

Tidjara kabendera yaburiye abakobwa bategereje ngo barashaka abagabo bafite amafaranga

Umubyeyi wamenyekanye cyane mu itangazamakuru, Tijara kabendera yagiriye inama abakobwa bose bifuza abagabo bafite amafaranga ndetse n’abadamu bafite abagabo bafite amafaranga.

Uyu mubyeyi yagiriye bagenzi be inama yo gutekereza kure nabo bagakora kuko amafaranga aba ari ay’umugabo kandi icyo yagukundiye isaha n’isaha kirashira akaba yajya kureba babandi bagifite ibyo akunda.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
Uyu mukobwa yiyahuye nyuma yo gushyamirana n'umukunzi we

Umuhungu yatumye umukobwa yiyica urupfu rubabaje

Umufana wakubise Jack Grealish yasanzwe yapfuye