in

Thomas Tuchel yahuye n’uruva gusenya iwe mu rugo

Thomas Tuchel n'umuryango we

Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru daily mail aremeza ko Thomas Tuchel nyuma yo gutsindwa ibitego bine kuri kimwe n’ikipe ya Brentford, yaba yatandukanye n’umugore we.

Amakuru avuga ko gatanya ya Tuchel n’umugore we Sissi yaba yaratangiye mu byumweru bibiri ndetse bose bakaba bifuzaga iyi gatanya.

Umugore wa Tuchel Sissi yavuye mu budage aza mu bwongereza akurikiyeyo umugabo we Tuchel ndetse n’abana babo b’abakobwa 2 kandi ndetse n’umugore wa Tuchel yari yemeye gusiga akazi ke k’ubunyamakuru.

Icyaba cyateye iyi gatanya ntago cyatangajwe gusa uwatanze amakuru yavuze ko bisa nk’aho amazi yarenze inkombe bitagishoboka ko aba bombi basubirana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ariel wayz yari umuntu w’ingenzi cyane mu buzima bwange amagambo ya junokizigenza

Jugen Kloop yaciye agahigo k’umutoza wa mbere mu bwongereza