in

Ariel wayz yari umuntu w’ingenzi cyane mu buzima bwange amagambo ya junokizigenza

Umuhanzi umaze kugira izina riremereye hano mu Rwanda Juno kizigenza akomeje kugenda agaruka kurukundo rwe nu wahoze Ari umukunzi we Ariel wayz.

Nyuma Yuko akameje kugenda abazwa ibibazo by’inshi byerekeye urukundo rwe na wayz Ariel aho agenda azanguruka kubitangazamakururu nawe akagenda abisubiza ibisubizo bitandukanye.

Juno kizigenza kuruyu mugoroba ubwo yari mugitangazamakuru kimwe hano mu Rwanda yagize ati”Ariel wayz yari umuntu w’ingenzi cyane mu buzima bwange n’ubwo ibyo byabaye amateka kuko byarangiye Kandi buriya n’Imana yabishatse”

Uyu musore abajijwe impamvu yashyize Nimero yuwahoze Ari umukunzi we hanze yagize ati”impamvu nayishyize hanze ninkuko nawe yashyize hanze ibiganiro twagiranye byose”

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mister Rwanda yatangarijwe igihe izasubukurirwa

Thomas Tuchel yahuye n’uruva gusenya iwe mu rugo