in

Thomas Ndabarora wafatiwe mu rusengero ari gusambanira mo n’undi mugore bari ku ruhimbi yakoze ibyo abayoboke b’iri torero bashakaga kubera icyasha yabasize 

Thomas Ndabarora wafatiwe mu rusengero ari gusambanira mo n’undi mugore bari ku ruhimbi yakoze ibyo abayoboke b’iri torero bashakaga kubera icyasha yabasize

Abagize umudugudu wa Bugonya ni bo bateraniye muri urwo rusengero rwa Anglican kugira ngo batange imbabazi baziha Thomas Ndabarora n’umugore  bafashwe basambanira ku ruhimbi mu rusengero muri Kayonza mu gihugu cya Uganda.

Uyu mugabo bivugwa ko n’uwo bafatanywe basambana atari umugore we ariko mu guca urubanza n’umugore we yarahamagawe gusa mu buryo butubguranye uwo bafatanywe basambana arabura.

Thomas wari wakozwe n’isoni, yasabye imababazi imbere y’abaturage bose yemera icyaha imbere y’umugore we ndetse n’abatuye uyu mudugudu wose, kandi ubwo yafatwaga ibi nibyo aba kristo biri torero bose bifuje ko byakorwa mu rwego rwo kubica burundu.

Abari bitabiriye urubanza rw’uyu mugabo byanzuwe ko ruzasubukurwa kuko gusaba imbabazi gusa bidahagije bikurikije icyaha yakoze cyo gusambanira ku ruhimbi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Si ku bw’irari ry’umubiri wawe ahubwo ni urukundo” Umunyamakurukazi washakanye n’umunyamakuru mugenzi we yavuze ikintu Nyirabukwe yamubwiye ubwo yari agiye kurongorwa

Agahinda ni kose disi! Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda yabuze umuntu wagaciro mu buzima bwe -AMAFOTO