in

Thierry Froger utoza APR FC benshi bari bari gucira akari urutega yatezwe umutego, inama ihita isubikwa igitaraganya

Thierry Froger utoza APR FC benshi bari bari gucira akari urutega yatezwe umutego, inama ihita isubikwa igitaraganya

Umutoza w’ikipe ya APR FC Thierry Froger, wagombaga kugirango inama n’ubuyobozi bw’iyi kipe, yasubitswe kubera umukino iyi kipe ifite muri iyi wikendi n’ikipe ya Musanze FC.

Ubuyobozi bwagombaga gukorana inama n’abatoza kuri uyu wa gatatu ariko kubera imyiteguro y’umukino wa Shampiyona yasubitswe byihuse kugirango uyu mukino ubanza urangire ibindi bizakorwe nyuma.

Amakuru twamenye ni uko aba batoza batezwe uyu mukino wa Musanze FC hatagize igikorwa bakabura intsinzi ashobora guhita afatirwaho umwanzuro wo kwirukanwa hagashakwa undi mutoza.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mvukiyehe Juvenal wirukanwe muri Kiyovu Sports yagarukanye ubukana nk’ubwurusenda rukaranze

Kigali: Police yafatiye mu cyuho umugabo watekeraga kanyanga iwe murugo