in

Thierry Forger utoza APR FC yatangiye kubihirwa nuko abona ikibazo iyi kipe ifite kiri gutuma batsinda batinze cyane

Thierry Forger utoza APR FC yatangiye kubihirwa nuko abona ikibazo iyi kipe ifite kiri gutuma batsinda batinze cyane

Kuwa gatandatu tariki ya 2 Nzeri 2023, ikipe ya APR FC yakinnye n’ikipe ya Etoile de L’est mu mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona sezo 2023/2024.

Wari umukino mwiza ubona ko ikipe ya APR FC ishaka intsinzi cyane ariko nkuko ikipe ya Etoile De L’est ikunze kwihagararaho cyane iyo iri mu rugo, iza kuzengereza APR FC ibona intsinzi bigoranye cyane ku munota wa 85 ku gitego cya Bacca.

Umutoza w’ikipe ya APR FC nyuma yo kubona intsinzi mu buryo bukomeye, yahaye ikiganiro itangazamakuru avuga ko abakinnyi be bafite umunaniro ukomeye cyane kubera imikino ngo bamaze iminsi bakina ariko ko bagiye gukomeza kwitegura gake gake.

Ikipe ya APR FC igiye gukomeza kwitegura indi mikino iri mu minsi iri imbere harimo umukino izakinamo n’ikipe ya Pyramid FC tariki 16 Nzeri 2023, mu mukino wa 2 wa CAF Champions League.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Na we se baravuga ko ashaka visa? Umuramyi ugezweho mu Rwanda agiye kurongora umukobwa wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America nyuma y’igihe bahanye isezerano ritapfa kwisukirwa n’uwari we wese (AMAFOTO)

Yifashishije amagambo arimo ukuri kwinshi: Umugore yeruye abwira bagenzi be ko bakwiriye guhamagara abagabo babo bakaba bwiza ukuri igihe bumva bakomerewe bashaka gutera akabariro -VIDEO