in

The Trainer yemeje papa w’umwana uwari umukunzi we atwite

The Trainer ndetse na Keza igihe bari mu rukundo bishimiwe na n’abantu benshi bitewe n’uburyo biyerekaga abakunzi ba bo cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga bikaba byaraje kubabaza benshi ubwo bavugaga ko batandukanye.

Trainer aganira n’ikinyamakuru Isimbi dukesha iyi nkuru, yemeje ko umwana ari uwe, ko ibyavugwaga byose byari ibinyoma kandi ko utabuza umuntu kuvuga, gusa ngo ntabwo yashyira amabanga y’urugo hanze.

Ati “Najyaga kumva nkumva umuntu araje arambwiye ngo Trainer wanze umwana, Trainer wataye umugore, Trainer … Ntabwo nabatera amabuye kubera ko ibyo bavugaga byumbikanaga.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gerard Piqué yasubije Shakira wa mwandagaje ku karubanda kubera yamwanze akamusimbuza undi mukunzi mushya

“Wowe ukunda abakobwa” Dore amagambo ya Harmonize yabwiraga Rayvanny amwiyemeraho