in

The Ben yavuze aho azatura n’umugore we Pamella nyuma yo gukora ubukwe, avuga n’impamvu atajya akunda gusohora indirimbo

The Ben yavuze aho azatura n’umugore we Pamella nyuma yo gukora ubukwe, avuga n’impamvu atajya akunda gusohora indirimbo

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda no hanze yarwo, The Ben mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda yabajijwe impamvu adakunze gusohora indirimbo.

The Ben yasubije agira ati “ngewe ubusanzwe ngira uko nkora ibintu byange gahoro gahoro, aho kugirango nsohore indirimbo 50 mu mwaka zitameze neza, nasohora 3 mu mwaka ariko zimeze neza”.

The Ben kandi yabajijwe niba hari collabo afite muri uyu mwaka, avuga ko ntayo gusa mu mwaka utaha bishoboka.

Ndetse uyu muhanzi uri kwitegura gukora ubukwe na Miss Pamella, yabajijwe niba nibamara gukora ubukwe bazajya kuba muri Amerika cyangwa mu Rwanda. yasubije agira ati “hose tuzahaba”.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa bakinana bamubwira ko ari umuhungu! Mukandayisenga Jeannine ukinira Rayon Sports WFC yavuze ko iyo ari mu kibuga abakinnyi bamubwira ko afite amab…a nkay’abahungu barayamena (Videwo)

RIB yaguye gitumo Gitifu w’Akarere ari kwakira ruswa ya za miliyoni bahita bajya kumucumbikira