in

Teta Sandra yashyize ukuri kose hanze ku makuru akomeje kuvuga ko agiye gusabwa na Weasel Manizo babyaranye abana babiri

Teta Sandra yahakanye amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko uwahoze ari umugabo we Weasel Manizo wo mu gihugu cya Uganda, yitegura kuza kumusaba no gukwa hano mu Rwanda.

Sandra yabwiye ikinyamakuru Mie Empire.rw dukesha iyi nkuru ko ibiri kuvugwa ari ibinyoma, cyane ko ntaho we abyivugira cyangwa Weasel.

Sandra kandi yavuze ko kuri ubu ameze neza, ubu anategura ibitaramo bitandukanye hano muri Kigali.

Gusa yirinze kugira icyo avuga kuri Weasel Manizo, banabyaranye abana babiri, avuga ko nta kirenze kuba ari Papa w’abana yabyaye kandi abimwubahira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’umugeni warozwe agikora ubukwe akajya aruka inyama z’amaroti ikomeje gukura abatari bake umutima

Abagabo bakwiye konka amabere y’abagore babo mu kubarinda kanseri