in ,

Tembera ahari kubera igitaramo cy’amateka cya Bruce Melodie (Amafoto)

Umuhanzi Bruce Melodie agiye gukora igitaramo cy’amateka muri Kigali Arena aho yizihiza imyaka 10 amaze mumuziki. Abantu benshi barimo ibyamamare bitandukanye, abafana be ndetse n’abandi bakurikirana umuziki nyarwanda bakaba babukereye aho bagiye gushyigikira uyu muhanzi.

Bruce Melodie abinyujije kuri Instagram story akaba yatangaje ko uyu munsi kuri we ari amateka ndetse ko yumva wagirango nibwo bwa nyuma agiye kujya kurubyiniro (stage).

Reba mumafoto uko byari byifashe mukanya kashije muri Kigali Arena no hanze yaho aho abafana benshi bari batangiye kugera aho igiteramo kigiye kubera.

Abafana bari kwinjira ku bwinshi muri Kigali Arena
Muri Kigali Arena hamaze gutegurwa
Urubyiniro nuku ruteguye

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu bakomeje gutangarira amashusho y’umunyarwenya Eric Omondi yigaragura mubyondo (Video)

Niyo Bosco yazamuye amarangamutima ya benshi mu gitaramo cya Bruce Melodie.