in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Tanasha wabyaranye na Diamond arahigwa bukware bitewe n’ibyo yakoreye ivuriro ryamubaze ikibuno..

Umuhanzikazi wanabaye umugore wa Diamond Platnumz, Tanasha Donnna arashakishwa nyuma yo guhemukira ivuriro ryamuhaye serivisi yo kumwongerera ikibuno hanyuma agacika atishyuye.

Uyu mugore ngo yaribagishije ikibuno ngo abe ikizungerezi ariko acika ivuriro atishyuye Ksh 850.000 (hafi miliyoni 8Frw)

Amakuru avuga ko bamutegetse nibura kubamamaza bigahuriramo ariko nabyo uyu muhanzikazi ntiyabikoze. Ivuriro ryamubaze yarirangiwe n’inshuti ye Risper Faith, ari nayo yamutamaje ko yahezemo ideni ivuriro. Uyu mugore akaba kuri ubu arashakishwa ngo yishyure aka kayabo abereyemo ivuriro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bijoux wo muri Bamenya agiye kurongorwa n’umuhanzi

Sobanukirwa : Ese gute wahangana na hangover , mu gihe waraye unyweye inzoga nyinshi