in

“Sinzongera gukora imibonano mpuzabitsina, no kunywa inzoga” Kanye West utorohewe yafashe ingamba zikakaye

Umuhanzi Kanye West utorohewe n’ubuzima nyuma yo guhomba miliyari z’amadorali kuri ubu yafashe ingamba zirimo kudakora imibonano mpuzabitsina no kunywa ibisindisha.

Kanye West Ye aherutse guhomba Miliyari 2 z’amadolari bigatuma ava ku mwanya wa mbere w’umuhanzi ukize ku Isi ndetse kompanyi nyinshi zirimo Addidas zigahakarika gukorana nawe bikamusubiza inyuma, bitewe n’amagambo yavuze ku Bayahudi na George Flyod.

Kuri ubu uyu muraperi uhorana udushya, yatangaje ingamba nshya yafashe nyuma yo guhura n’ibi bibazo. Imwe muri izo ngamba ni iyo kumara iminsi 30 yitekerezaho.

Nkuko yabishyize kuri Twitter ye ntazongera gufata agasembuye , kureba filime zurukozasoni, gutera akabariro mu gihe cyukwezi kose kuko ashaka kwitekerezaho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Moussa Camara arakina umukino we wa mbere, abakinnyi 11 Rayon Sports irabanza mu kibuga ihura na Sunrise

Imvamutima za Sergio Ramos nyuma yuko Gerad Pique asezeye ruhago imburagihe!