in

“Sinzi niba ari umwiga wasifuye hano” Umutoza wa Rayon Sports Mohamed Wade yanenze umusifuzi aho yamugereranyije n’uwiga

Umutoza wa Rayon Sports w’Agateganyo, Mohamed Wade, yanenze urwego rw’imisifurire yaranze umukino ikipe ye yatsinzemo Police FC ibitego 2-1.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatsindaga Police Fc mu mukino w’ikirarane.

Nyuma y’uwo mukino, Umutoza wa Rayon Sports Mohamed Wade yanenze umusifuzi wabasifuriye.

Yagize ati: “Nk’uko nabikubwiye ubushize, ni ukuri natengushywe n’urwego rw’imisifurire hano, sinzi niba ari umwiga wasifuye hano. Nawe mwarebaga.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yabujijwe kujya gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa: Usengimana Danny yavuze amabi aba mu mupira w’amaguru mu Rwanda ashinja ikipe ikomeye mu Rwanda ibintu byatunguye benshi (Ukuri yashyize hanze)

“sinabura umwanya w’umwana ngo mbure n’umugore” IZABITEGEKA Innocent se wa ISHIMWE wangiwe kujya mu irerero rya Bayern Munich yemeye ava ku izima asaba ko umwanya w’umwana we bawugurana na nyina ufunzwe na RIB [videwo]