Umukobwa ukiri muto yagiye ku mbuga nkoranyambaga maze agaragaza agahinda afite nyuma y’igihe nta musore uramwegera ngo amuterete.Uyu mukobwa akaba yibaza niba abasore baramutinye.
Uyu mukobwa wo muri Nigeriya yinubiye uburyo abagabo batakigaragaza ko bashishikajwe no kureshya abagore.
Yamaganye ubuke bw’abagabo muri sosiyete, cyane cyane abashaka gukorera ibintu byiza abagore babatereta.