in

“Bajye mu cyaro guhinga isombe” KNC yishongoye kuri Kiyovu Sports yamwise Ingunguru irimo ubusa

Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkurunziza Charles wamamaye nka KNC yishongoye kuri Kiyovu Sports nyuma yo kuyinyagira ibitego bitatu kuri kimwe.

Ku munsi w’ejo nibwo habaye umukino wahuje ikipe ya Gasogi United na Kiyovu Sports muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Ni umukino wabanjirijwe no gushotorana hanze y’ikibuga, aho ikipe ya Kiyovu Sports yabwiye Gasogi United ko ari ingunguru irimo ubusa.

Nyuma y’umukino w’ejo hashize, KNC wari waranze kugira icyo abwira ikipe ya Kiyovu Sports yavuze ko abayovu bavuga cyane aho gukora.

Akomeza avuga ko we avugira mu kibuga aho yahise asaba abayovu gusubira mu cyaro guhinga yo isombe.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

« Uri mwiza, ndakwikundira… » – Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yaciye impaka nyuma y’amafoto ye yagiye hanze

“Sinzi impamvu abasore banze kuntereta” umukobwa w’ikizungerezi arashaka uwamubaza izina(Video)