in

“Sinashakana n’umugabo uri munsi y’imyaka 60” Linda yatangaje ko atashakana n’umugabo uri munsi y’imyaka 60 kubera impamvu itavugwaho rumwe na bose

“Sinashakana n’umugabo uri munsi y’imyaka 60” Linda yatangaje ko atashakana n’umugabo uri munsi y’imyaka 60 kubera impamvu itavugwaho rumwe na bose.

Umukinnyi wa Filime Linda John  umaze kumenyekana cyane yatangaje ko atashakana n’umugabo ufite imyaka iri munsi ya 60.

Mu kiganiro aheruka kugirana na The Sun, Linda yatangaje ko inkundo z’iki gihe ziteye aswi ndetse ko zirimo ubuhemu bwinshi.

Linda yavuze ko ingo z’abantu bashakana bose ari bato ntiziramba ndetse abenshi usanga batandukana nta mwaka bamaranye.

Linda yakomeje avuga ko abantu bakuze aribo bazi gukunda ndetse ko bazi kubaka bityo rero kuri we ngo ntashobora gushaka umuntu bangana cyangwa aruta cyangwa uri munsi y’imyaka 60 kuko adashaka kuzababara.

Ngo nibishake bizamufate igihe kinini kugirango abone umukunzi ukuze, naho ntatamubona byarutwa akareka gushaka.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Niyo mpamvu asigaye atwika: Hamenyekanye amakuru y’ibintu Bruce Melodie yigishwa n’umugore we bisigaye bituma nta muntu umucishamo ijisho

Yagiye gucagura Inyambo bazamukwa? Miss Ishimwe Naomie yajyanye n’umukunzi we mu rwuri rw’inka i Musanze [AMAFOTO]