in

“Sinamubwira ngo pole” Uwase Muyango yavuze ikintu akorera umugabo we Kimenyi Yves iyo yatsinzwe anasubiza bimwe mu bibazo by’amatsiko

Miss Uwase Muyango Claudine yavuze ikintu akorera umugabo we, Kimenyi Yves iyo ikipe asanzwe abereye umunyezamu ya Kiyovu Sports yatsinzwe.

Ubwo yari mu kiganiro cya Take Over ku Isibo TV asanzwe akoreraho, Muyango yavuze ko iyo Kimenyi yatsinzwe, ntabwo yamubwira ngo ‘pole’.

Yavuze ko iyo umugabo atashye yatsinzwe, Muyango ahita atangira kumuganiriza amwereka ukuntu indi kipe nayo yatsinzwe, akamubwira ko umunyezamu wiyo kipe nawe yasotse nabi mu izamu bigatuma atsindwa akamwumvusha ko ibyamubayeho bisanzwe bibaho.

Ikindi Muyango yabajwijwe niba hari umusore bigeze gukundana ariko bagatandukana ‘Ex’ Muyango yavuze ko nta wundi musore azi mu rukundo ngo kuko Kimenyi ariwe rukundo rwe rwa mbere.

Ndetse kandi yavuze ko iyo umwana wabo akeneye guhindurirwa ibyo ya nyayo ‘pampex’ ni Kimenyi ubimukorera ngo kuko Muyango bimugora ngo kubora ko akunda kurwara umugongo bityo bikaba bimugora kumuhindurira pampex.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
France Olivier
France Olivier
9 months ago

Umugongo na pampex harya bihurira he mwe muzi ibintu?

Leandre Willy Essomba Onana yateye utwatsi ubusabe bwa SIMBA SC ahindura icyemezo yari yafashe

Amakuru agezweho: Umuyobozi w’icyubahiro mu ikipe ya AS Kigali yamaze gukuramo ake karenge