in

Si ukuryoha gusa! Ibyiza utigeze umenya byo kurya inanasi ku buzima bwawe

Inanasi ni urubuto rwiza kandi ruryohera buri wese ariko kandi rukaba runafite imimaro myinshi ku buzima bw’umuntu ari nayo mpamvu buri umuntu, aba atagomba kubura inanasi mu mafunguro ye ya buri munsi.

  • Gukomeza amagufaIrinda ishinya kwibasirwa n’indwara zitandukanye maze igakomeza n’amenyo
  • Inanasi irinda umubiri kwibasirwa na kanseri zifata ibice bitandukanye cyane cyane kanseri zifata amagufa.
  • Urya inanasi kandi nyuma yo gufata amafunguro bifasha igogorwa ry’ibiryo.
  • Ku bantu bakunda kurya inanasi kandi bagira uruhu rwiza.
  • Inanasi kandi igabanya ibibazo by’umubyibuho ukabije ndetse ikarinda n’indwara ziterwa n’umuvuduko w’amaraso

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Oobe Moroo wari ingaragu ya mbere ikuze ku Isi yitabye Imana ku myaka 146

Menya ingano y’amazi ukwiye kunywa ku munsi bitewe n’ibiro ufite