in

Si ugukina mu kipe nziza gusa ahubwo afite n’umukunzi mwiza, umukinnyi wa APR ari mu munyenga w’urukundo n’inkumi y’uburanga basigaye basohokana ahantu hose (AMAFOTO)

Si ugukina mu kipe nziza gusa ahubwo afite n’umukunzi mwiza, umukinnyi wa APR ari mu munyenga w’urukundo n’inkumi y’uburanga basigaye basohokana ahantu hose.

Umukinnyi wa APR BBC iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona, Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson wanabaye umukinnyi wahize abandi mu mikino ya Kamarampa (Playoffs), ari mu rukundo na Nkubito Josiane.

Nshobozwa amaze kwandika izina mu mukino wa Basketball aho yaba mu ikipe y’igihugu ndetse no muri APR FC akinira ari inkinga ya mwamba.

Amakuru twamenye ni uko amaze iminsi aryohewe n’urukundo n’umukobwa w’umunyarwandakazi witwa Nkubito Josiane ndetse bakaba bamaze igihe kitari gito bakundana

Aba bombi bakaba bamaze iminsi banasohokana aho Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson nk’iyo atakinnye ajya amutwara muri Kigali Arena bakarebana imikino ya Basketball iba yahaebereye

Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson w’imyaka 25, yakiniye Espoir BBC 2016-18 ari bwo yahitanga yerekeza mu ikipe ya REG BBC yakiniye kugeza 2022, yahise yerekeza muri APR BBC akinira kugeza uyu munsi.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Tuvugishe ukuri, umwana utagira akazi ugisoza amashuri yakuyehe miliyoni 1 na 500 yo kugura iPhone? Sida izakomeza kwiyongera” Mutesi Scovia ntiyumva ukuntu abakobwa b’i Kigali batunga telefone za miliyoni na magana atanu nta kazi bagira (VIDEWO)

Afite abana beza b’abazungu! Olivier Karekezi wakanyujijeho muri ruhago y’u Rwanda, we na bana be bageneye Apr Fc ubutumwa bw’agaciro – Videwo