in

“Si ku bw’irari ry’umubiri wawe ahubwo ni urukundo” Umunyamakurukazi washakanye n’umunyamakuru mugenzi we yavuze ikintu Nyirabukwe yamubwiye ubwo yari agiye kurongorwa

“Si ku bw’irari ry’umubiri wawe ahubwo ni urukundo” Umunyamakurukazi washakanye n’umunyamakuru mugenzi we yavuze ikintu Nyirabukwe yamubwiye ubwo yari agiye kurongorwa.

Delphine Umuhoza umugore w’umunyamakuru Benjamin Gicumbi yavuze ukuntu Nyirabukwe yamubwiye ko akoze ubukwe kubera urukundo atari irari.

Ibi yabivuze abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter aho yari ari kwishimira imyaka 4 amaze abanye na Benjamin Gicumbi.

Si ibyo gusa kandi yabwiwe ubwo yari agiye gukora ubukwe aho na nyina yamubwiye ko niba ahisemo urukundo agiye kubona imigisha myinshi cyane iva mu rukundo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka itwara abagenzi yagonganye n’imodoka y’ubucuruzi igahitana abantu 34

Thomas Ndabarora wafatiwe mu rusengero ari gusambanira mo n’undi mugore bari ku ruhimbi yakoze ibyo abayoboke b’iri torero bashakaga kubera icyasha yabasize