MU RWANDA
Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe
Mimi Mehfira, fiancée w’umuhanzi Meddy, yerekanye itandukaniro rikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe usanga bafuhira abakunzi babo ndetse hari ibyo bahisha kugirango birinde kwibabariza imitima. Ibi Mimi yabyerekanye ubwo yashyiraga hanze amashusho ya Meddy ubwo yari mu Rwanda muri kimwe mu bitaramo byari byateguwe na Airtel. Nkuko Mimi ubwe yabitangarije abafana be ku rukuta rwe […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Supersexy yaciye amarenga yuko yaba atwite
Umunyarwandakazi Nana Weber wamenyekanye ku mazina ya Supersexy, yaciye amarenga yuko ashobora kuba atwite. Ibi byagaragariye ku ifoto Supersexy yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram. Nkuko byagaragaye kuri iyi foto Supersexy yashyize hanze biragaragara ko uyu munyarwandakazi ashobora kuba atwite ndetse nk’uko umwambaro yari yambaye ubigaragaza biragaragara ko umurekuye kugirango utabangamira inda ye. […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Rurageretse hagati ya Dj Lenzo na Philpeter| Irene Murindahabi nawe abyinjiyemo
Mu minsi ishie nibwo twababwiye inkuru yuko Dj Lenzo na Philpeter bagiranye ibibazo byavutse kuko Philpeter atigeze ashyira Dj Lenzo ku rutonde rw’aba Dj bagomba guhatanira ibihembo mu kiganiro The Choice muri category y’aba Djs. Kuri ubu noneho Dj Lenzo yamaze kubwira Murindahabi Irene, ukorana na Philpeter mu kiganiro The Choice gica ku Isibo TV, […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Dj Pius yatangaje ibintu akumbuye cyane kurusha ibindi muri iyi minsi
Umuhanzi Dj Pius wamenyekanye cyane kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa na benshi by’umwihariko indirimbo Ubushyuhe yakoranye na Bruce Melodie ari nayo aheruka gushyira hanze, yavuze ibintu bikomeye akumbuye kurusha ibindi byose muri iyi minsi. Dj Pius yavuze ibintu akumbuye kurusha ibindi abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram. Mu magambo ye bwite, Dj Pius yagize ati: […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Nyuma yo kuba umufana ukomeye wa Riderman, Miss Mutesi Jolly yamusabye ikintu gikomeye.
Miss Mutesi Jolly usanzwe uri umufana ukomeye w’umuraperi Riderman yamusabye ko bamushyira mu itsinda ry’abafana b’Ibisumbizi akanisiga amarangi nyuma yo kumva indirimbo ye nshyashya. Indirimbo nshya ya Riderman ‘Icupa ry’imiti’, yatumye Miss Jolly Mutesi afata icyemezo cyo gusaba kwinjira mu itsinda ry’abafana b’uyu muraperi, ‘Ibisumizi’, anahishura ko asanzwe ari umufana ukomeye w’umuziki we. Nyuma yo […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Cyore: Clarisse Karasira ntacyambara impeta yambitswe na fiancé we
Mu minsi ishize nibwo umuhanzikazk Clarisse Karasira yambitswe impeta na fiancé we wqmenyekanye ku mazina ya Ifashabayo Sylvain Dejoie. Iyi ni inkuru yasakaye henshi ndetse inavugwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga. Ku munsi w’ejo ubwo Clarisse Karasira yashyiraga hanze ifoto ye ya vuba ari kumwe n’umwe mu nshuti ze, yagaragaye atambaye impeta yambitswe na Dejoie bitera […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Umukobwa uteye nk’igisabo wabaye umunamba wa Mico The Best yavuze akayabo k’amafaranga Mico yamuhembye
Umukobwa wamenyekanye ku mazina ya Kamikazi Hadidja, uyu akaba yaranagaragaye mu mashusho y’indirimbo « Umunamba » ya Mico The Best, yavuze akayabo k’amafaranga umuhanzi Mico The Best yamuhembye. Ni mu kiganiro yagiranye na Yago Tv show aho yatangiye avuga ko azuzuza imyaka 22 muri uyu mwaka wa 2021. Kamikazi yavuze ko kujya mu mashusho y’indirimbo […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Miss Ricca Michaella yumiwe nyuma yuko abajijwe niba ikibuno cye atari igipapirano
Ku munsi w’ejo nibwo Miss Ricca Michaella abinyujije kuri story ya instagram ye yasabye abafana be kumubaza ibibazo bitandukanye. Umwe mu bafana be yarateruye amubaza niba ikibuno cye atari igipapirano. Nkuko byagaragaye kuri story ya instagram ya Ricca Michaella, umwe mu bafana be yamubajije agira ati « . Miss Ricca Michaella yahise amusubiza atangaje ati […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)
Muri iyi nkuru turagaruka ku byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’ikimero cy’abanyarwandakazi umutima ukanga amahitamo akaba gukurikirana ubuzima bwabo buri munota . Aba bagabo barimo n’ibyamamare bikomeye ku Isi ari nabyo tugiye kugarukaho. Drake Ni umwe mu baraperi bafite ibihembo byinshi mu muziki. Afite 192 birimo 27 bya Billiboard Music Awards n’ibindi birimi ibya Grammy Awards. Ari […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yongeye kwerekana ko akizirikana umugabo we
Hope Nigihozo, umugore wa Nyakwigendera Dj Miller yongeye kwerekana ko akizirikana umugabo we nyuma y’igihe kiyengayenga umwaka umugabo we yitabye Imana. Ibi Hope yabigaragaje abinyujije kuri story ya instagram ye. Hope Nigihozo abinyujije kuri story ya instagram ye yashyize hanze ifoto ya Dj Miller maze ayiherekesha amagambo agira ati « ❤️Bigger than life ». Ibi […]
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !
Manuka hasi ushyireho igitekerezo cyawe kuri iyi nkuru !


Didier Gomez da Rosa wahoze atoza Rayon Sports yagizwe umutoza w’indi kipe ikomeye.

Wari uziko abantu bashobora kumatana barimo gutera akabariro?Menya icyo abahanga babivugaho.

Joe Biden yiseguye ku banyamerika kubera abasirikare be bafotowe basinziriye

Fiancée wa Meddy yerekanye ikintu gikomeye atandukaniyeho n’abakobwa benshi b’iki gihe

Supersexy yaciye amarenga yuko yaba atwite

Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.

Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA

Bimwe mu byamamare mpuzamahanga byatwawe umutima n’uburanga buhebuje bw’Abanyarwandakazi(AMAFOTO)

Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga

Ibitekerezo biheruka