in

“Shima Imana wa kigory* we” Antoine Rutayisire yavuze ukuntu ajya abwira abahungu baza bamuririra ngo abakobwa babanze bagiye kwiyahura (VIDEWO)

Rev Antoine Rutayisire yavuze ukuntu ajya abwira abahungu baza bamuririra ngo abakobwa babanze.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje kuzenguruka agace gato k’amashusho kakuwe mu kibwiriza, Rutayisire yatanze.

Ako gace ni aho uyu mushumba aba avuga ukuntu abwira abahungu iyo baje bamuririra ngo abakobwa babanze.

Yavuze ko iyo baje ababwira gushima Imana kuko ngo iba ibarinze byinshi.

Ati: “Hari abana benshi banyandukira bambwira ngo bagiye kwiyahura ngo umukobwa yabaretse. Shima Imana wa kigoryi we […]”

AMASHUSHO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese ikipe ya APR FC iratsinda murumuna wayo Marine FC

Yabaye undi wundi! Umuhanzikazi Marina Deborah yatunguranye aza agaragara nk’umugabo(videwo)