in

Sheebah yatumye isi icika ururondogoro -Amafoto

Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Uganda Sheebah karungi, yatwitse imbuga nkoranyambaga zose kubera igitaramo aherutse gukorera mu bwongereza ndetse kikitabirwa mu rwego rwo hejuru.

Iki gitaramo cyabereye ahitwa Royal Regency kiritabirwa mu buryo bukomeye kandi kinyura abakitabiriye, nk’uko binagaragarira ijisho mu mafoto. Ibitangazamakuru byinshi muri Uganda byagarutse kuri iki gitaramo, byavuze ko Sheebah yigaragaje agahesha ishema igihugu cye.

Icyavuzwe cyane muri iki gitaramo ni uburyo uyu muhanzi yari yambayemo nk’inindi byamamare bikomeye kwisi ndetse n’impano babonye muri Uganda kandi si ibyo gusa kuko yaririmbye akanyura abatanze amafaranga baje kumureba.

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddyboo yerekanye uko arya isi benshi bacika ururondogoro. (Video)

Kwa Gitwaza zabyaye amahari, abasabye ko yegura batangaje ikigiye gukurikiraho.