in

Shazz wafungishije Davis D yagaragaye ari kubyina yambaye akantu kagaragaza umukondo (Videwo)

Shazz wamamaye mu ifungwa ry’abahanzi Davis D na Kevin Kade yongeye kugaragara ari ku byina yambaye akantu kagaragaza umukondo.

Ni mu mashusho uyu mukobwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, aho aba ari kubyina indirimbo ya Burna Boy wo muri Nigeria.

Muri ayo mashusho, uyu mukobwa uba ubona ko yagerageje Kwambara akikwiza gusa ariko umukondo we wagaragaraga.

Shazz yamenyekanye cyane ubwo yafungishaga Davis D na Kevin Kade byavugwagwa ko bamusambanyije atari yuzuza imyaka 18.

 

https://www.instagram.com/tv/CgOLzmuI6wz/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwenya Clapton Kibonke yanyweye inzoga nyinshi angwa muri rigori (Videwo)

« Isabukuru nziza, ndagukunda ubuziraherezo » – Amagambo ya Miss Grace Bahati ku isabukuru y’amavuko y’umwana we