in

Shaddyboo yavuze umusanzu we nk’umunyarwandakazi agiye gutanga 

Muri iki gihe u Rwanda n’isi yose biri mu bihe byo kwibuka abazize jenocide yakorewe abatutsi mu 1994, abanyarwanda bakomeje gutanga umusanzu wabo mu gukundisha igihugu bagenzi babo no kurwanya ingenga bitekerezo mbi himakazwa ubumwe n’urukundo.

Shaddyboo yagize ati”nk’umunyarwandakazi umusanzu wange ni ugukomeza gushishikariza abanyarwanda kugira ubumwe n’urukundo no gukundisha igihugu abanyarwanda batuye hanze ndetse n’abanyamahanga”.

Twibukwe twiyubaka duharanira ko bitazongera ukundi.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ukibirya ntuzongera kugira ipfunwe mu ruhame! Dore ibyo kurya bituma ugira inzara nziza cyane kandi zitoshye

Ni wowe ubwirwa: Ntuzigere unywa amazi muri iki gihe kabone niyo waba ufite inyota nk’ubutayu