in

Shaddyboo yateye abantu ubwoba nyuma yo kubasangiza amashusho ashyira mukaga abantu bakwirakwiza amashusho n’amafoto y’urukozasoni bishimisha nkabarimo kureba umupira [amashusho]

Shaddyboo yateye abantu ubwoba nyuma yo kubasangiza amashusho ahyira mukaga abantu bakwirakwiza amashusho n’amafoto y’urukozasoni bishimisha nkabarimo kureba umupira [amashusho]

Mu ijoro rya cyeye nibwo umunyamideri yasangije amashusho ku mbuga nkoranyambaga ze ya RIB irimo isobanura ko batazongera kwihanganira abantu bakwirakwiza amashusho n’amafoto y’abakobwa babatse amafaranga bakayabima.

Ibi bimaze igihe bigaragara hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, aho hamaze iminsi hakwirakwira amashusho y’abakobwa baba barimo kwikinisha cyangwa amafoto y’abakobwa bifotoye bambaye ubusa ariko byatewe nababa bayabatse bikarangira bayashyize hanze.

Shaddyboo amaze kubona ko RIB yabihagurukiye, nawe yafashe ayo mashusho ayasangjza abamukurikira benshi bayakirana urugwiro bavuga ko cyaba ari ikintu cyiza abandi bakavuga ko ari we urukowe, bamwe ntibatinye kumusaba ko yabaha aye noneho bakaba b’abakurikirana.

 

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Malaria yanze kumushiramo! APR FC igiye gufunga umwuka imanuke mu kibuga idafite umukinnyi w’umunyamahanga uyirikora iyo byanze

Virunga: Inzovu yacitse Pariki maze abaturage bayisamira hejuru barayirya barayimara