in ,

Shaddyboo nyuma yo kubona uburyo KNC yagaragaje ubutwari bwe yahise afata icyemezo cya kigabo n’abandi bantu bahita bamuyoboka

Shaddyboo nyuma yo kubona uburyo KNC yagaragaje ubutwari bwe yahise afata icyemezo cya kigabo n’abandi bantu bahita bamuyoboka.

Shaddyboo wari usanzwe yifanira ikipe y’urucaca abinyujije ku rukuta rwe rwa X yatangaje ko ubu agiye gufana Gasogi.

Ibi yabitangaje nyuma yuko Perezida wa Gasogi United agaragaje ubutwari agafasha umwe mu bana babujijwe amahirwe yo gukinira Buyern Munich y’abana.

Ndetse siwe gusa kuko ni benshi bakomeje gushima ubutwari bwa KNC, bavuga ko ari umubyeyi w’abana.

Ni mu gihe kandi abantu bakomeje kwinubira ibyo Ferwafa yakoze, kuko abana yatoranyije ngo bajye mu kademi ya Buyern Munich bagaragara nka bana ba 19 na 20 kandi byitwa ko bafite 12.

Comments.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore w’i Rwamagana yaguye gitumo umugabo we ari gusambanyiriza mu bihuru umwana w’umuturanyi

Byakaze noneho! U Rwanda rwaje mu bihugu bitatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru (URUTONDE)