in

Shaddyboo nyuma yo kubona ibyo Papa wa Kiliziya Gatorika yategetse abasenyeri byatumye abaza ikibazo gikomeye abakirisitu ariko ibyo bamusubije biteye agahinda

Shaddyboo nyuma yo kubona ibyo Papa wa Kiliziya Gatorika yategetse abasenyeri byatumye abaza ikibazo gikomeye abakirisitu ariko ibyo bamusubije biteye agahinda

Ku munsi wejo hashize nibwo Papa uyobora Kiliziya Gatorika yabwiye abasenyeri ko bagomba kwemerera abanaba bahuje ibitsina bagasezerana ariko bakabikora bisa nkaho badahawe isakaramentu ryo gushyingirwa.

Nyuma yo gukora ibi abakirisitu benshi baratunguwe cyane ariko umunyamideri Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yaje kuri X yahoze ari Twitter abaza abamukurikira ati” Muraguma mu idini rya Gatolika cga muravamo?” Asubizwa ibintu biteye agahinda.

Ibyo bamusubije biteye agahinda

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
UWAMAHORO Epiphanie
UWAMAHORO Epiphanie
9 months ago

Ibi nzarinda mfa ntabishyigikiye pe

Last edited 9 months ago by UWAMAHORO Epiphanie
Mugenzi
Mugenzi
9 months ago

Idini nyaryo ni rya gihanga
Ryabanyarwanda ibitekerezo bihimbiye ntibabura kubisohoza ngo batwerekeko bavuze ukuli

Azatarama bari kugira! Umuhanzi nyarwanda ukubutse i Burundi yatumiwe mu iserukiramuco rizwiho kuberamo ibikorwa by’ubusambanyi

Umugabo yibye telefone y’umugore nuko umugore aramufata aba amuteye jido ubundi amujya hejuru amucapagura inshyi amubaza telefone ye umugabo asaba imbabazi – Videwo