in

Shaddyboo akomeje kubwirwa amagambo y’urukozasoni nyuma yo gusangiza abamukurikira amashusho atesha agaciro abagabo b’iki gihe [amashusho]

Shaddyboo akomeje kubwirwa amagambo y’urukozasoni nyuma yo gusangiza abamukurikira amashusho atesha agaciro abagabo b’iki gihe

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo akomeje kuba icuro ry’imigani kumbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abamukurikira amashusho y’abakobwa 2 bakiri bato bavuga ko abagabo babuze.

Ni amashusho yasakaye kuri uyu wa mbere abakobwa babiri bari mu kiganiro bavuga ko abagabo basigaye ngo ni abo kugenda mu muhanda ariko abo kubaka batagihari nkuko byahoze.

Uyu munyamideri icyatumye aterwa amabuye ni uko yashyize kumbuga ze avuga ko abana bavutse mu 2005 barimo kubwiza ukuri abagabo. Bamwe mu basubije Shaddyboo bamubwiraga ko ngo abonye abamusimbura mu byo ashinjwa bitandukanye kuva kera.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyandwi Ignace Imana imwakire mu bayo! Amayobera ku rupfu rw’umugabo wagiye kugemura icyayi akongera kugaragara ari umurambo

Myugariro ngenderwaho mu ikipe ya APR FC yarwaye mu nda bituma umutoza afata icyemezo cyihuse