in

Shaddy yanze Miliyari 20frw izuba riva(inkuru irambuye) 

Shaddy yanze Miliyari 20frw izuba riva

Mu bihe bitambutse ni bwo Shaddy Boo yagiye ku mbuga nkoranyambaga akavuga ko hari ikipe yo y’abagore yo mu barabu iri ku muha agera kuri miliyoni 20$ ku gira ngo abagurishe imbuga nkoranyambaga ze zirimo Twitter na Instagram.

Gusa mu buryo butunguranye yagarutse avuga ko yanze ayo mafaranga kubera kwanga guhomba izina rye yubatse rimugoye muri East Africa.

Mu butumwa yatambukije kuri Twitter yagize ati:”Za Miliyoni nazanze , kubera urwombakunda nabonye ntanze account yanjye nta Cyamamare mwasigarana muri East africa gifite abaFollowers benshi kanjye.”

Ibi byatumye abantu bamuha urwamenyo bavuga ko ayo mafaranga ari menshi cyane nta muntu wayamuha, gusa mu buryo bw’umvikana nta muntu watanga amafaranga angana gutyo ku mbuga nkoranyambaga gusa ahubwo uyu Shaddy Boo ibi yabikoze mu buryo bwo kwiganirira bisanzwe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo harimo amazi: Umugore yakanze ku gice cy’inyuma cya mugenzi we kivuga nk’ikirimo amazi kubera uburyo cyoroshyemo (Video)

Ziba! Kandi uyu munsi urarara hasi ntago undarira ku gitanda! Iyumvire ibyo umugore yakoreye umugabo kubera yamushatse amurusha amafaranga