in

Shaddy Boo yasabye abagabo bakuze kwicara bakaganiriza abasore bikiri mu maguru mashya

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yisabiye abagabo ko bagira inama abasore kuko bakomeje gucishwamo ijisho n’abakobwa.

Mu magambo ye yagize ati “Abagabo mukwiye kwicara hamwe mukaganiriza abasore sore, naho ubundi, abakobwa bari kubanyuzamo ijisho.”

Nubwo yatangaje ibi yasize benshi mu gihirahiro kuko ntibabashije kumva icyo yaragamije.

Gusa benshi bahise babisanisha n’imwe mu myitwarire ya gisore idahwitse ikomeje kubarangwaho, muri iyo myitwarire n’inkubusinzi ndetse n’iyindi mico mibi itagakwiye kuranga umusore w’u Rrwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Imiryango iragwira!” burya Dabijou afite umuvandimwe uteye neza kumurusha – Amafoto 

KNC bamuhaye urw’amenyo nyuma y’iminsi avuze ko azitwa izina rigayitse natsindwa na Rayon sport