in

Shaddy Boo yagize icyo ku mashusho yaciye ibintu hanze yahuje urugwiro n’umugore wabyaranye na Diamond Platnumz

Shaddy Boo yagize icyo ku mashusho yaciye ibintu hanze yahuje urugwiro n’umugore wabyaranye na Diamond Platnumz.

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddboo yagize icyo atangaza mashusho yamugaragaje arikumwe na Tanasha Donna wabyaranye Diamond Platinumz.

Mu ijoro ryo ku wa 8 Nyakanga 2033 nibwo Shaddboo yagaragaye arikumwe n’umwe mubagore ba Diamond Platinumz uzwi nka Tanasha Donna benshi bavuga ko ababaye abakunzi ba Kizigenza bahuye.

Aba bombi bari bishimye bikomeye dore ko bari barigusangirira hamwe.

Shaddboo avuga kuri Aya mashusho yagize ati:” Aya mashusho yafashwe ubwo nahuraga na Tanasha aho Manzi Jeannot yariyizihirije isabukuru ye y’amavuko , nawe yarari kwizihiza isabukuru ye kuko bayizihiriza rimwe.Bitewe nuko dusanzwe tuziranye byatangiye tuyafashe”.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya biryoha bisangiwe! Alliah yagiranye ubusabane na The Ben kugeza ubwo aryama mu bituza bye yumva ibyiza Pamela yamurushije – VIDEWO

Ese Diamond Platunmz azabutaha?: Zari Hassan yatangaje igihe azakorera ubukwe bweruye na Shakib